in ,

Pep Guardiola yategetse abakinnyi be gukora imibonano mpuzabitsina mbere ya saa sita z’ijoro (impamvu)

Pep Guardiola ni umutoza uzwiho kugira amategeko menshi atangaje agenda aha abakinnyi be mu makipe atandukanye yagiye atoza, amwe muri ayo mategeko akaba agend aashyirwa ahagaragara n’abakinnyi nkuko Samir Nasri aherutse kubikora.

Résultat de recherche d'images pour "pep guardiola"

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru L’equipe Du Soir Samir Nasri akaba yaragarutse ku bituntu bitandukanye Pep Guardiola yagiye akora bikamutangaza maze niko kugira ati :”Nkanjye yahise ambwira ko ngomba kugira ibiro 76. yakuyeho ibintu byinshi twakundaga kurya gusa icyantangaje kurusha ibindi nuko yavuze ati:”kubasha kuryamana n’abagore bababo mugomba kubikora mbere ya saa sita z’ijoro” ibyo ngo bibarinda imvune zitandukanye ati nka Lionel Messi kuva yamushyira kuri iryo tegeko ntiyongeye kujya avunika bya hato na hato ndeta na Lewandowski yamaze igihe adakina abizira.

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tour du Rwanda: Abanyarwanda batangiye kwigaranzurwa (Dore uko bihagaze )

Uko umuhanzikazi Fearless Keza yagaragaye mu buriri byateye bamwe gushidukira hejuru (AMAFOTO+VIDEO)