in ,

Nyuma y’ibihano bikomeye yakatiwe, Cristiano Ronaldo agiye gukora ibintu nk’ibyo Neymar yakoze

Ronaldo

Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid Cristiano Ronaldo nyuma yo kuva mbere y’inkiko ahamijwe icyaha cyo kunyereza imisoro ya Leta ndetse agakatirwa igihano cyo gufungwa imyaka 7 yose ariko akaba azishyura amafaranga kugirango atagana mu buroko. Uyu musore nyuma yo guhangayikishwa n’iki kibazo k’inkiko akaba nawe ashobora kuva muri Champiyona ya Espagne bitewe n’amagambo yaraye atangaje mu itangazamakuru.FBL-POR-SIN-RONALDO

Nkuko ikinyamakuru As cyabyanditse uyu musore mu magambo yatangaje yagize ati:”I always paid my taxes, always. In England and in Spain. And I always paid. As you know, I can not hide anything, it would be ridiculous on my part to do such a thing. I am an open book. you don’t need to do anything but type my name into Google and everything about Cristiano comes out. For example, Forbes magazine releases all of my earnings.”

Tugenekereje mu kinyarwanda yagize ati:”Burigihe nishyura imisoro yange haba mu bwongereza cyangwa muri Espagne, nkuko mubizi ntakintu cyange nakimwe njya mpisha. Byaba ari ubugoryi gukora ibintu nkibyo ku muntu nkange. Nge ndi nk’igitabo gifunguye, iyo ushaka kumenya ibyange wiyandikira muri google izina ryange gusa, ndetse na Forbes Magazine nayo yaba umuhamya w’imicungire y’umutungo wange.” Uyu musore yatangaje aya magambo ababaye cyane kuburyo yongeyeho ko ibi bishobora kuba intandaro yo kuva muri champiyona ya Espagne ubutagaruka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru Ishyushye-Umukinnyi ukomeye wa Chelsea BITUNGURANYE agiye kuyitwara mu nkiko (IMPAMVU)

Ishyari Rihanna yari afitiye Drake ryiyongereye cyane nyuma yuko afashwe arimo kwishimana na Nicki Minaj (inkuru irambuye)