Mu mujyi wa Kigali mu karere ka Nyarugenge ahazwi nko muri gare ya Nyamugogo hakunze kugaragara urujya nuruza rw’abantu benshi hari Umukarani wahapfiriye Ari mu kazi.
Uwo mugabo ubwo yarari gukora akazi ke yaje kugira isereri ahanuka ku nyubako y’inkunda mahoro yitura hasi ahita apfa.
Abaturage bavuga ko ubwoba bwabishe kubere ukunu muri Nyabugogo hari gupfira abantu benshi.