in

Nizeyimana Mirafa wanyuze muri Rayon sport yasohoye impapuro ziteguza ubukwe bwe

Nizeyimana Mirafa wamenyekanye mu makipe akomeye mu Rwanda ndetse kuri ubu akaba akina hanze y’u Rwanda.

Nizeyimana Mirafa agiye kurushinga n’umukobwa ukomoka mu gihugu cya portugal bamaze igihe mu rukundo kuva yagera mu gihugu cya zambia.

Mirafa na Rosalyn Dossantos babanje gusezerana mu dini ya islam aho iyo mihango yabaye mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Blaise Alexis
Blaise Alexis
1 year ago

Ubu se uyu mu type ajya yibuka ko yampesheje zero muri chemistry twiga Tron commin

Birasekeje: Umuryango wataye ibyo wari utunze byose ujya kwibera mu ishyamba

Umuntu ava kure! Ifoto ya kera ya Christopher ari hagati ya Knowless na Teta Diana yashyizwe hanze