in

Mu mafoto :Bambaye uko imana yabaremye Ange dababy yifurije isabukuru y’amavuko umuraperi Zilha

Nyuma y’iminsi havugwa gutandukana mu rukundo hagati y’umuraperi Dope Zilha ndetse n’umukobwa ukunze kwifashishwa mu ndirimbo zitandukanye bongeye gutwika imbuga nkoranyambaga.

Mu mafoto uyu mukobwa yasangije abakunzi be kuri instagram yagaragaye yifuriza umukunzi we isabukuru y’amavuko yifashijije amafoto bagaragara nkabambaye ubusa.

Mu magambo y’icyongereza uyu mukobwa yibukije Dope zilha urwo amukunda ndetse yongera kumubwira ko ari uwagaciro k’ubuzima bwe.

Zilha na Ange dababy bagiye bavugwa mu rukundo ndetse hongera kumvikana umubano utari mwiza hagati yabo gusa bombi banze kugira icyo batangaza kugeza uyu munsi bongeye kwerekana urukundo.

https://www.instagram.com/p/CnDOyHlNsRw/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Keza Terisky witegura kwibaruka yakorewe ibirori bya Baby shower (Amafoto)

Umugore w’umuherwe watunguranye mu Rwanda yagaragaye yasinze ari kudandabirana (Videwo)