Keza Terisky, umwe mu banyarwandakazi bamamaye cyane ku mbuga nkora by’umwihariko kuri instagram no kuri YouTube yakorewe ibirori bya Baby showe bikorerwa umubyeyi witegura kwibaruka umwana. Muri ibi birori ni nabwo hatangazwa niba umwana umubyeyi atwite ari umuhungu cyangwa se ari umukobwa. Nkuko amafoto abigaragaza, Keza aritegura kubyara umwana w’umukobwa.
Keza kandi yamamaye cyane ubwo yari mu rukundo na The Trainer, umwe mu basore bazwi cyane muri Kigali by’umwihariko mu bikorwa byo kubaka umubiri (gym and training).
Dore uko byari bimeze mu mafoto mu birori bya Baby showe ya Keza Terisky:








