in

Mbappé Kylian ashobora kubisikanira ku muryango na Victor Osimhen

Uyu munsi nibwo hasohotse amakuru avuga ko umukinnyi w’umufaransa w’imyaka 25 Mbappé Kylian yabwiye umuyobozi wa Paris saint Germain ko atazakomezanya niy’ ikipe ubwo amasezerano ye azaba ageze ku musozo muri Kanama 2024.

Ikinyamakuru Le Parisien, cyatangaje iyinkuru cyavuze ko Kylian Mbappé akimara kubwira Nasser Al-Khelaïfi perezida w’ikipe ko atazakomezanya nayo , yahise atumiza Luis Campos umuyobozi wa siporo na Luis Enrique Umutoza wa Paris saint Germain akababwira icyemezo cyafashwe na Klyian Mbappé bakanaganira kucyakorwa , gusa bivungwa ko mu minsi irimbere ariho hatanganzwa ibyavuye mu nama bagiranye.

Perezida wa Paris saint Germain Nasser Al-Khelaïfi 

Umuyobozi ushinzwe ibya siporo muri Paris saint Germain Luis Campos

Umutoza wa Paris saint Germain Luis Enrique

kurundi ruhande ikipe ya Paris saint Germain hari amakuru avuga ko yatangiye gushyira mu mibare umukinnyi ukomoka muri Nigeria Victor Osimhen usanzwe ukinira ikipe ya Napoli ngo mugihe Kylian mbappé yaba agiye azahite aza murino kipe.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu gikombe cya Africa uyu mwaka yahagaritswe mu mupira kugeza igihe kitazwi.

Gakenke : Inkuru yakababaro inkuba yakubise abantu bamwe muribo barapfa