Mu gihe ikipe ya Kiyovu sports yiteguye kwesurana na AS Kigali kuri uyu wa kane, abavugizi b’aya makipe bahuriye kuri Radio Rwanda bivuga ibigwi.
Umuvugizi wa Kiyovu Sports yavuze ko iyi kipe yiteguye gusinyisha abandi bakinnyi b’abazungu benshi ndetse bashobora kugera kuri batandatu niyo bitaba muri iyi season.
Uyu muvugizi kandi na none yavuze ko umurusiya wari utegerejwe mu Rwanda aza kugera hano mu Rwanda i kanombe ki wa gatanu tariki 2/09 nubwo bamwe bavuga ko azaba nka wa munya-Brazil.
Aya makipe yose araza kwesurana kuri uyu wa kane saa kumi nebyiri kuri stare ya Kigali.