in

Isosi yabo iguyemo inshishi! Abazunguzayi b’Abamasayi mu mujyi wa Kigali akabo kashobotse babakuye amata ku munwa

Abazunguzayi b’aba-Masai bakorera ubucuruzi bwabo ku mihanda mu gihugu cy’u Rwanda cyane cyane mu Mujyi wa Kigali bashobora kujyanywa mu bigo by’inzererezi.

Aba bacuruzi bazwi cyane ku kuzengurukana ku rutugu imyambaro yiganjemo inkweto n’imikandara hari abadatinya kuvuga batinywa cyane n’inzego z’ubuyobozi ziba zitinya ko bazigirira nabi.

Aba bacuruzi b’abanyamahanga bakomeje kwiyongera mu Mujyi wa Kigali ku bwinshi, ubu bashinze amatako no mu Ntara zose z’igihugu, bagendagenda ku muhanda bacuruza inkweto n’ibikapu n’utundi tuntu tw’ubukorikori bwabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuherwe Elon Musk akaba na nyiri X yahoze izwi nka Twitter yatangaje ko kugira ngo abantu bakoreshe uru rubuga nkoranyambaga bashobora gutangira kwishyura amamiliyoni

“Isabukuru nziza rukundo” Nana wamenyekanye muri City Maid yifurije isabukuru nziza inshuti ye magara Mama Diamante (AMAFOTO)