in

Inkuru mbi kuri catholic n’abayoboke bayo

Papa Francis ubwo yari asoje uruzinduko rwe muri Canada yaciye amarenga ko igihe kiri hafi akegura ku nshingano ze zo kuba umushumba wa kiliziya catholic, ni uruzinduko rwabayemo gukora ingendo cyane n’iminsi y’akazi kenshi.

Papa Francis, yavuze ko igihe gishobora kugera vuba aha agatekereza ku kwegura kandi ko yabikora mu gihe yaba yumva ubuzima bwe butagituma ashobora gukora mu buryo akwiye gukora.

Papa Francis ati “Sintekereza ko nshobora gukomeza gukora ingendo n’umuvuduko umwe n’uwo najyaga nzikoramo ku myaka yanjye hamwe n’imbogamizi y’iri vi. Nkeneye kuba nakwirokoraho gatoya mu rwego rwo gukomeza gukorera Kiliziya cyangwa nkeneye gutekereza ku kuba bishoboka ko negura”.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde rw’abakinnyi bakabakaba 15 bazatandukana na Rayon Sports mu mpeshyi y’uyu mwaka

Abakinnyi babiri b’ibihangange muri Kiyovu Sports bamaze kuyibwira ko bifuza kuzerekeza muri Rayon Sports