in

Riderman yitegura kwiyamamariza kujya mu Nteko Ishingamategeko

Umuraperi w’umunyarwanda wamamaye cyane nka Riderman yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko yitegura kwiyamamariza kujya mu Nteko Ishingamategeko.

Uyu muhanzi amaze gutangaza ibyo yahise akomoza ku birebana n’umusaruro w’Umudepite wagiye ahagarira urubyiruko mu Nteko mu gihe cyatambutse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku mugoroba imodoka ya Bralirwa yakoze impanuka ikomeye

Nyuma y’uko babonye agiye kubata mu bishanga, Chelsea yahise ihambiriza umutoza w’ayo imurenza irembo