in

“Cyera kabaye, nabonye umugabo ubahiga!” Mbabazi Shadia ‘Shaddy Boo’ mu munyega w’urukundo n’umusore mushya

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yeruye atangaza ko afite umukunzi mushya nyuma y’amezi make atandukanye na Manzi Jeannot bakundanye igihe cy’umwaka kuko urukundo rwabo rwatangiye kuvugwa mu 2022.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Shaddy Boo yagize ati “Cyera kabaye, nabonye umugabo ubahiga!”

Kugeza ubu Shaddy Boo kugeza ari kubarizwa ku Mugabane w’u Burayi aho amakuru ahamya ko yari amaze iminsi ari kumwe n’uyu musore wamutwaye umutima.

Mbabazi Shadia asanzwe ari umubyeyi w’abana babiri yabyaranye na Meddy Saleh banabanye nk’umugore n’umugabo mbere y’uko batandukana mu 2016.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amavubi arabamara! Amakuru mashya kuri rutahizamu w’Umunya-Nigeria Ani Elijah uherutse gukurwa mu mwiherero w’Amavubi

Amafoto akomeje gucicikana y’umugabo wigize Yesu avuga ko yoherejwe n’Imana ageze ku isi Police imuta muri yombi