in ,

Imyambarire y’uyu munyarwandakazi yahungabanije abasore bahuriye nawe mu kabyiniro (amafoto)

Muri weekend ishize Shaddy Boo yahungabanije abasore bahuriye nawe mu kabyiniro ka hano muri Kigali kubera imyambaro idasanzwe yari yambaye ari kubyina.

Shaddy usanzwe azwiho kuba umwe bastar nyarwanda bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, akaba yaragiye mu kabyiniro yambaye isengeri iy’ikipe ya Cleveland Cavaliers yonyine nta kintu yambaye hasi.

Iyi sengeri Shaddy akaba yari yayambaye nk’ikanzu gusa iyo yicaraga cyangwa c akabyina cyane abasore babaga bamuri hafi bikaba bitaraboroheraga nabusa aka wa mugani w’abanyarwanda baca bagira bati “Uwicaye nabi ababaza imbere ye”

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyumvire impamvu Neymar atakishimiye kuba muri Fc Barcelone ndetse yifuza kuyivamo vuba

Irebere amafoto ya Supersexy yatangariwe n’abantu benshi