in

‘Impano ye yamugejeje ibwami’ Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati yasinye mu ikipe yo mu gihugu cy’u Bufaransa kubera ubuhanga bwe yagaragaje mu kibuga

‘Impano ye yamugejeje ibwami’ Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati yasinye mu ikipe yo mu gihugu cy’u Bufaransa kubera ubuhanga bwe yagaragaje mu kibuga.

Umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda Rapha Kitoko kabanga ukina mu kibunga hagati yishimiye ko yaguzwe n’ikipe ya Amiens.

Kubera uyu mukinnyi akiri muto yahise ashyirwa mu ikipe y’abatarengeje imyaka (U19) aho niyitwara neza yazamurwa mu kipe nkuru.

Kuri ubu uyu musore yatangiye imyitozo itegura shapiyona y’abatarengeje imyaka 19 yizeza abafata ko ikizere bamugiriye atazatuma kigabanuka.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umubyeyi w’imfura, ni mwiza cyane” Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda, yerekanye mama we kubera ikintu gihambaye cyari cyabaye ni uko maze abamubonye bose bahise bashimangira ubwiza bwe n’uburanga (AMAFOTO)

Mu myambaro igaragagaza ikibero cye: Umuhanzikazi Bwiza yakoze ibidasanzwe maze ahabwa amanota yuzuye -AMAFOTO