in

Ibyo uyu mukobwa mwiza ufite ubumuga yakorewe n’ababyeyi be biteye agahinda (Amafoto)

Umukobwa w’imyaka 22 witwa martha yavutse ari muzima nyuma agize imyaka 3 azagucika amaguru yose ibyo we yita ko ari amarozi.

Nyirakuru avuga ko umunsi umwe nk’abandi bana martha yagiye gukina nyuma agaruka afite umuriro mwinshi nibwo nyirakuru yatabaje habura n’umwe wari hafi umutabara, nyirakuru akimugeza kwa muganga ngo bamuteye urushinge babonye ko ari umuriro wa murenze .

Gusa byaje kuba bibi nyuma yo ku mutera urushinge kuko amaguru yose ya martha yaje kuba umukara kugeza naho bashaka indwara barayibura nibwo bafashe icyemezo bamuca amaguru kugirango bidafata umubiri wose akaba yapfa.

Mu gihe martha yararwaye ababyeyi bamubyara batangiye gushwana ndetse bivamo gutandukana buri wese aca inzira ye basiga umwana wabo bityo nyirakuru atangira ku murera gutyo kugeza iyi saha ababyeyi barahari ariko ntacyo bamufasha.

ku myaka ye 22 yivugira ko ntazi Se umubyara ndetse na nyina yamubonyeho rimwe nibwo yamubwiye ko icyatumye batandukana aruko yahuye n’ikibazo cyo ku mugara.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu umusore wese akwiye guhisha burundu umukobwa bakundana||bishobora kubatanya.

Gisagara :umwana yitabye Imana arazuka mu buryo bw’igitangaza (inkuru irambuye)