in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Ibyo uyu muganga yakoze umugore utwite byatunguye ababyeyi benshi.

Umugabo w’umuforomo yatunguye ababyeyi benshi ndetse kuri ubu yabaye indirimbo  nyuma yifoto ye yagiye hanze arimo gufasha umugore kubyara hagati mu muhanda ,ndetse uyu mugore akibaruka neza.

Umuforomo uzwi ku izina rya Willian Otoo yafashije umugore utwite uri mu bubabare bukomeye bwo kubyara umwana ubwo yari ageze mu nzira yerekeza mu muryango baturanye.Uyu musore yagaragaye amufasha kubyara mu gihe ntakizere uyu mubyeyi yari afite cyo kubona ubufasha.

Ku ifoto hagaragaramo abandi babyeyi babiri batwikiriye mugenzi wabo wabyaraga ndetse n’uyu muganga agaragara ateruye uruhinja nyuma yo kuvuka.Ibi yakoze bikaba byatumye benshi batangarira umutima mwiza yagaragaje.

Reba incamake y’amakuru agezweho:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yirukanse yambaye ukuri asiga umugore bari baryamanye mu gihuru aribwa n’intare.

Wa mugore ugira ama slang ya mbere mu Rwanda ahishuye umurongo wa Bibiliya umufasha, abantu barakumbagara(Video)