in

Habaye inama idasanzwe yahuje abarozi n’abapfumu ku manywa y’ihangu(amafoto)

Mu minsi yashize habaye inama idasanzwe yahuje abapfumu n’abakoresha imbaraga z’umwijima .Iyi nama idasanzwe yahuje abakoresha imbaraga z’umwijima bose barimo abapfumu,abarozi n’abakonikoni ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.Aba barozi bose bakoze agashya kumanywa y’ihangu mu mujyi rwagati.

Muri iyo nama abari bayijemo bose baje bambaye imyambaro itukura cyangwa umuhondo maze ubwo bageraga aho bari bateguye guhurira buri wese akagenda yerekana icyo ashoboye.Nyuma y’ibikorwa bitangje kandi bidasanzwe bakoze izuba riva harimo nko kugenda baguruka mu kirere abantu benshi barabyishimiye.

Nubwo bamwe bakunze ibi bikorwa by’aba bapfumu nabarozi ,ariko banavuze ko imbaraga zabo bakagombye kuzikoresha mu byiza aho kuzikoresha mu bikorwa by’ubugiranabi .Reba uko byari byifashe muri iyo nama

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tom Close n’umufasha we bujuje imyaka icyenda barushinze

“Nzakamya amarira yanjye ndinde inzozi zanjye kuko nziko tuzahoberana’’ Miss Pamela yateye imitoma The Ben itagira uko isa