in

Tom Close n’umufasha we bujuje imyaka icyenda barushinze

Uyu munsi tariki 30 Ugushyingo nibwo umuganga akaba n’umuhanzi Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia bari kwizihiza imyaka 9 babana nk’umugore n’umugabo.

Iyi couple ikaba ibanye neza ndetse ifatwa nk’ikitegererezo mu miryango y’ibyamamare mu Rwanda .Aba bombi basezeranye imbere y’Imana mu rusengero rwa Mutagatifu Etienne mu Biryogo ku wa 30 Ugushyingo 2013, biyemeza kubana akaramata aho kuri ubu bujuje imyaka 9 yose babana nk’umugabo n’umugore.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje : umurwayi bamusanzemo akayabo mu nda ye

Habaye inama idasanzwe yahuje abarozi n’abapfumu ku manywa y’ihangu(amafoto)