Mu buzima bwacu bwose usanga dusenga dusaba kuramba igihe kirekire, ubu nubusabe ndetse akenshi buba bufitwe n’urubyiruko kuko ruba rwifuza kureba ahazaza uko hazaba hifashe. Gusa...
Iyo abantu bakimenyana ndetse banifuza kurushinga, usanga hari byinshi babwirana mu rwego rwo kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu gambo birengagiza kandi afite uruhare...
Mu rukundo hari ibintu bitandukanye ushobora gukora ,ahanini uzi ko urimo gusigasira urukundo rwawe n’uwo wihebeye nyamara ari intandaro zo kwangirika kubuzima bwawe bw’ahazaza.Muri ibyo reka...
N’ubwo rwose ntamuntu n’umwe uhitamo uwo akunda gusa ni byiza kubanza gushishoza cyane cyane ku bakobwa bagomba kwitondera abasore baha urukundo. Aba nibo basore umukobwa aba...
Gutera akabariro ni kimwe mu bikorwa binoza umubano w’abakundana cyangwa se abamaze kurushinga gusa iki gikorwa kikaba cyiza iyo buri wese abashije kukishimira ,dore ko ikiba...
Nkuko bisanzwe tubagezaho zimwe mu nkuru zitandukanye z’urukundo ndetse n’izijyanye n’ubuzima bw’imyororokere. uyu munsi rero twagerageje kubakusanyiriza bimwe mubintu byingenzi bikunzwe kugarukwaho biranga umukobwa udafite gahunda...
Kubabarira no kwihanganirana ni ngombwa ku bakundana,ariko hari urugero imbabazi z’abakundana zigomba kugarukiraho,cyane cyane iyo umwe mu bakundana akosereza undi ukabona asa nubikora ku bushake bisa...
Mu rukundo ni byiza ko inshuti zawe zimenya umuntu mukundana kuko bigaragaza ko umwishimiye nta pfunwe bigutera kumugira nk’umukunzi wawe. Ariko na none si byiza kwishyira...
Abasore bamwe na bamwe bigaragaza nk’abafite urukundo kandi bashaka imibonano mpuzabitsina kuri wowe.Ni gute wamenya umusore ugukunda by’ukuri ukamutandukanya n’ukubeshya ko agukunda ariko agamije ko gusambana?...
Ni byinshi abagabo bubatse bashukisha abakobwa batereta birimo amafaranga, impano zihenze, aba bagabo kandi hari ibinyoma bitwaza kugira ngo babone uko baryamana n’abakobwa.Amwe mu mayeri bakoresha...