Ikaze kuri wowe wiyemeje kuza kubana natwe mu gice gikurikiye mu ruhererekane rw inkuru zacu aho uyu munsi tugaruka ku rugamba rwa Dien Bien Phu aho...
Guca inyuma uwo mwashakanye akenshi bivugwa iyo umwe mu bashakanye akundanye cyangwa akoze imibonano mpuzabitsina n’undi mugabo cyangwa umugore. N’ubwo ibyo ari byo ariko hari n’ibindi...
Abakundana batumvikana,biba bisa nko kuba mu mwijima,iyo mutumvikana nta na rimwe n’urugo rwanyu ruzagaragaramo amahoro,iki nicyo kibazo cyugarije ingo muri iyi minsi,ari nayo mpamvu Abasomyi b’Ikinyamakuru...
Abasore n’inkumi bajya bakunda ndetse ukaba wanamenya ko uwo ukunda atagukunda ariko kumwikuramo bikanga ugakomeza guhatiriza wizeye ko azagera aho akagukunda. Nyamara bishobora kuba ari uguta...
Ibi ni bimwe mu bikorwa bishobora kukwereka ko umusore/umugabo muri kumwe agukunda cyane kandi yifuza ko mwagumana.Nawe nk’umukobwa ushaka kurwubaka gira icyo ukora umwiyegurire muzibanire akaramata....
Abakundana bajya bagira umwanya wo gusohokana bakajya gusangira, ariko hari ibintu by’ingenzi umukobwa agomba kuzirikana akabyirinda kuko ari amakosa akomeye kuyakora ari ku meza hamwe n’umukunzi...
Iyo abantu bari mu rukundo baba baryohewe cyane ariko ikosa rito rishobora gutuma wa munezero uhinduka amarira. Hari ibikorwa byinshi ushobora gukora bikangiza wa munyenga w’urukundo...
Mbere yuko dukomezanya n urugamba rwa Dien Bien Phu nuko intambara yatangiye muri Vietnam mu mwaka w 1946. Mu kwezi kwa kabiri ko muri uwo mwaka...
Hano hari amabanga wakwifashisha niba ushaka kubona umukunzi ugukunda by’ukuri: 1.Igaragaze uko uri Mu busanzwe ugira inshuti kubera ibyo muhuriyeho runaka, mbese mufite imico n’imyitwarire n’intego...
Mu kinyabupfura umuntu atozwa n’ababyeyi be iyo atangiye kumenya ubwenge harimo uko asuhuza abantu ndetse nuko abasezera. Abenshi twatojwe ko gusuhuza umuntu umwubashye ari ugukoresha amaboko...
Hari ubwo abantu bamwe batinda kubaka ingo kubera impamvu zitabaturutseho rimwe na rimwe zirmo kubona uwo bifuza bazukana urugo kikaba ikibazo. Uko gutinda hari impamvu zitanduknye...
Muri iyi minsi hari ikibazo gikomeye cyane cyo gucana inyuma hagati y’abashakanye cyane cyane usanga giterwa n’ingeso karemano y’umuntu by’umwihariko ibi bikunze kuba ku bagabo. Abagabo...
Mu by’ukuri, nta muntu uba yifuza kuba umunyeshyari mu rukundo ngo abe ari wa muntu uzwiho gufuha cyane. Ifuhe rishobora kwangiza umubano ukomeye w’urukundo. Ifuhe ritera...
Gusaba imbabazi uwo ukunda cyangwa uwo mwashakanye hari ingaruka nziza bigira. Ijambo mbabarira hari uburyo bunyuranye ryafasha mu kugorora umubano wajemo agatotsi : 1.Gusaba imbabazi bituma...
Ni kenshi abakundana batandukana biturutse ku kuba batizerana. Gusa kandi icyizere mu bakundana ntabwo kizana kirakorerwa ndetse hari n’uburyo bwinshi bwafasha abakundana kurushaho kwizerana. 1.Kwimenyera uburyo...
Niba ushaka kuba mu mubano wishimiye, ntukwiriye gutangira gukundana ugendeye ku mpamvu turi bugarukeho muri iyi nkuru. Zose ni impamvu zidakwiriye umuntu ushaka kubaho yishimiye urukundo...
Enter your account data and we will send you a link to reset your password.
Here you'll find all collections you've created before.