in

Nkore iki? Umukunzi wange nkunda cyane namusanze hejuru ya mukuru wange bari kunca inyuma, none baje kunsaba imbabazi

Nkore iki? Umukunzi wange nkunda cyane namusanze hejuru ya mukuru wange bari kunca inyuma, none baje kunsaba imbabaz

Ni kenshi cyane abakundana bafatana bacanye inyuma gusa bikomera cyane iyo uciwe inyuma n’umuvandimwe wa we wizeraga.

Ibyo bikwereka ko nta muntu n’umwe ukwiye kwizerwa abe inshuti cyangwa umuvandimwe.

Umukobwa umwe wahemukiwe n’uwo akunda ndetse n’umuvandimwe we byamurenze abura icyo akora nyuma yo kubafata bamuca inyuma gusa umusore akaba yagarutse gusaba imbabazi.

Umukobwa wagishije inama yanditse agira ati”Muraho,mfite umusore twari tumaranye imyaka 2 dukundana ariko najyaga numva ko anca inyuma simbyemere noneho muminsi yashize naje kumwifatira aryamanye na mukuru wanjye,bangize umusazi neza neza gusa noneho ejo bundi baje kubyemera bansaba imbabazi,umusore ndamukunda arimokunsaba ko namubabarira….ndamukunda ariko sinzi nimba namubabarira mungire inama pee

Wifuza kugisha Inama cg hari ubuhamya wifuza kudusangiza watwandikira kuri Whatsapp ukoresheje nimero iri aho munsi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amavubi azamukumbura! Uwari umukinnyi ukomeye w’Amavubi yasezeye habura iminsi ibiri gusa ngo Amavubi akine umukino ukomeye

Ubuse nuku n’uguhana? Kayonza: umubyeyi yashyize umuhoro mu ziko uratura arangije awutwikisha ibiganza by’umwana we amuziza ikosa buri mwana wese yakora