in ,

Dore impanvu abagabo bashyingiwe aribo bakunda gusohokana abandi bagore

Dore impanvu abagabo bashyingiwe aribo bakunda gusohokana abandi bagore.

Akenshi uzabona abagabo bafite abagore ndetse banashyingiwe bakunze gusohokana abagore batari ababo, rimwe na rimwe hari ubwo aba ari umugore w’undi mugabo cyangwa se ari umukobwa utarashaka. Zimwe mu mpamvu zibitera ni izi zikurikira.

1.Akenshi hari ubwo biterwa n’irari umugabo aba asanzwe yigirira ndetse akaba afite agatubutse.

2. Hari ubwo wowe mugore uba udatanga care neza bigatuma ashaka abazimuha neza.

3. Hari ubwo abagore benshi baba bumva gusohoka bitabafasheho kandi wenda umugabo abishaka, ibyo bituma ajya gushaka undi asohokana.

4.Hari ubwo rimwe na rimwe umugabo ashobora kujya mu butumwa bw’akazi bigatuma asohokana n’undi kuko aba atamubona hafi aho.

5. Hari ubwo umugore atubaha umugabo we, bigatuma nawe ibyo akora byose batamushyira imbere.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibendera ry’igihugu ryashyizwe mu bicu: Nyuma yo kugarika ikigugu muri ruhago babyinnye Sitade iranyeganyega (Amashusho)

Imana yabateye iteka: James na Daniella berakanye abana babo bafite impano zidasanzwe (Amafoto)