Birumvikana ko ari wowe wihitiramo imyenda ikubereye waba ugiye kuyigura cyangwa kuyambara ndetse yewe hari igihe  ari wowe ukoresha amafaranga yawe bwite ,ariko se bimaze iki...
Nk’uko bisanzwe abasomyi ba YEGOB bakomeje kwifashisha imbuga nkoranyambaga badusaba ko twabafasha kugisha inama abadukurikira,gusa burya ibibazo birushanya uburemere ndetse ibibabaza birushanya kuryana,rimwe na rimwe hari...
Hashize imyaka isaga 500,Juan Diego abonekewe na Nyina wa Jambo maze amusaba ko ku musozi wa Tepeyac (Mexique) hakubakwa kiliziya mu izina rye,Juan Diego amaze kubibwira...
Abantu benshi bahangayikishwa n’uko amenyo yabo aba atari umweru uko babyifuza ndetse ahari abafata inzira bakajya kuyacongesha kugira bigabanuke abandi bagakoresha imiti n’iyindi kugira barebe ko...
Ubwonko ntabwo aricyo gice kinini mu bice bigize umubiri w’umuntu ariko ni kimwe mu bice bigenga muntu kandi bigenzura utindi duce twose tumuriho kuva ku rwara...
Diabete irimo ubwoko bwinshi niyo mpamvu uyu munsi twateganyije kubanza kukubwira ibimenyetso bizakubwira ko ugiye kurwara Diabete yo mu bwoko bwa kabiri! –  Kugira inyota...
Bimwe mu bimenyetso by’indwara y’impyiko ni: kwihagarika inkari nkeya cyangwa ukazibura, kwihagarika amaraso, kubyimba umubiri wose, kugabanuka k’umuvuduko w’amaraso, kugabanuka kw’imyunyu ngugu mu maraso, kuribwa ahagana...
Umuhanzi yaragize ati”bakunda n’abakundwa mushimira mute Imana,Mwatanze iki ngo bibahire rwose” burya yari yabonye ko hari abo bitajya bihira,yari yabonye ko hari abarutanga ntirubagarukire ,yari yabonye...
Bimwe bidasanzwe wamenya ku gakingirizo: 10. Udukingirizo tw’abatarya inyama Mu bijyanye n’ikoreshwa ry’agakingiurizo kimwe no mu buzima busanzwe, hari bamwe bafite imyumvire yo kudakoresha ikintu icyo...
Birashoboka ko ufite ibibazo bigoye kuvuga muri ubu buzima,ndetse bibaho ko muntu agira imvune ku mutima kandi akaremererwa atabyiteye.ariko wijyaho ngo wihebe ,ute umutwe cyangwa ukore...
Turi mu minsi ya nyuma kandi yezu ajya kuva mu isi yavuze ko kimwe mu bimenyetso bikomeye bizagaragaraza ibi bihe ari uko hazaba hariho abishushanya,bavuga izina...
N’ubwo iteka tubona ubuzima burimo inzitane akenshi hari igihe tuba twazikururiye,izi nzitane zidutera kwicuza ndetse no guharika umutima ariko kandi hari igihe tugira ngo n’umwaku utugendaho,hari...
Mbere y’uko YEGOB ibaza umwe mu bagore uhamya ko yatakaje ubusugi akuze bityo akaba ahorana umunezero yabitewe cyane n’ukoUbushashatsi bwakorewe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Ninshuro zingahe umugabo ashobora kurangiza [ejaculation) mu kwezi kugirango agabanye ibyago byo kwandura cancer yamabya. Igisubizo kiri hano Nkuko bigaragara mu bushakashatsi bwa kozwe n’impuguke MATTHIEU...
Imibereho y’abantu habamo ibisanzwe n’ibidasanzwe,abenshi ntibabasha kwihanganira ibidasanzwe kugeza ubwo beruye bakabibwira abo bizera cyangwa bakagisha inama ababyeyi babo ,kimwe n’uko hari abahitamo kugisha inama ku...
N’ubwo dukunda cyane abo dusangiza ubuzima bwacu bwa buri munsi,babandi batuzi twambaye twaberewe mbese babandi batuzi tumwenyura igihe twasohokanye,hari igihe kubasangiza uko twiyumva cyangwa kwiyumvamo uko...
Enter your account data and we will send you a link to reset your password.
Here you'll find all collections you've created before.