in imikino “Nka APR ntabwo wambwira ngo urashora amamiliyoni y’igihugu ngo urashaka gutsinda Rayon Sports idandabirana kubera amikora ngo wageze ku cyo wifuza” Umunyamakuru Jean Lambert Gatare yanenze APR FC yikomanga ku gatuza ngo yatsindaguye amakipe yo mu Rwanda ikoresheje abakinnyi b’abanyarwanda (VIDEWO)
in imikino ‘Imipira yose bamuhaga wagiraga ngo ba yishose ku gikuta’ impamvu eshatu mwahishwe zatumye JONATHAN IFUNGA IFASSO yirukanwa igitaraganya muri Rayon Sports yari aziko aje kwihisamo
in imikino I Nyarugenge inkuba zikubise imvura itaguye! Hari imashini kirimbuzi ije muri Rayon Sports ishyitse i Kigali ku kibuga k’indege i Kanombe
in imikino Burya koko imyaka n’imitindi! Umusaza bivugwa ko yarushaga umupira Messi yasobanuye uburyo yakiniga abantu barayamanika -AMASHUSHO
in imikino Nyuma ya Ifunga Ifaso wirukanwe undi mukinnyi w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda agiye gusezererwa ntabyumweru 2 arampara
in imikino Abakire ba Rayon Sports ntibigeze bayitererana! Hari igikorwa abafana bafite agatubutse muri Rayon Sports bakoze ky buryo umuherwe utagikoze azareba umukino wa Rayon Sports yinaganitse mu biti bikikije Pelé Stadium
in imikino Akomeje imyitozo ye yiturije nta rusaku rw’abafana rumuri inyuma! Wa mukinnyi wamenye ubwenge agatera umugongo Rayon Sports akajya kwirira ifaranga ritagira inkurikizi z’abafana muri Police Fc, akomeje kuryoherwa n’imyitoza ari gukorera ahantu hatuje (IFOTO)
in imikino, Utuntu n'utundi ‘Iri Jambo ni ryo ryaburaga’ Ariel Wayz watumiwe kuri Rayon Day yavuze ijambo rishimangira ko kuba azitabira umunsi w’aba Rayon atari akazi gusa ahubwo ayifite no ku mutima nk’umufana wayo ukomeye
in imikino Uyu we nahagera aba Rayon bazamukomera amashyi: Rayon Sports imanuye rutahizamu wakiniraga ikipe itinyitse muri Afurika -AMAFOTO
in imikino Ikipe ya Rayon Sports yateguje agashya izagaragaza ku munsi wejo kahawe izina riteye ubwoba abafana bashobora kuzahita bababrira ubuyobozi