Uyu mukobwa Nabayet w’uburanga buhebuje akomoka muri Ethiopia ni we bivugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzi Otile Brown wakoranye indirimbo “Dusuma” n’umuhanzi nyarwanda Ngabo Meddy. View...
Umuhanzikazi Yemi Alade wo muri Nigeria yasazwe nibyishimo nyuma yo kwifurizwa isabukuru nziza y’amavuko na Beyonce ndetse amwereka uburyo azamwifurazamo isabukuru y’umwaka utaha. Ubwo Alade yizihizaga...
Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz, yatangaje ku rugamba rwe n’ibitekerezo by’uburyo yashatse kwiyahura ngo ave ku isi. Umuyobozi mukuru wa Wasafi Records yavuze ko yigeze...
Umuhanzi Justin Bieber yahishuye ko yanejejwe n’umugore we Hailey Baldwin wamubaye hafi bituma amutura indirimbo eshatu zose ziri kuri Album ye yise”Justice”. Justin Bieber aganira na...
Umunyamideli Zari Hassan wahoze ari umugore wa Diamond Platnumz yafotowe asomana n’umukunzi we mushya, bamaze iminsi mike bari mu munyenga w’urukundo. Ni mu mashusho yasakaye kuri...
Ayanda Mngoma ni umukobwa w’umunyamideli wo mu gihugu cya Afurika y’epfo, buri gihe atangaza abamubonye bitewe n’uburyo agaragara. Uyu mukobwa w’imyaka 30 y’amavuko, abamurebye ku jisho...
Uwahoze ari umugore wa nyakwigendera Ndikumana Hamad Katauti, Irene Uwoya yatigishije abatuye umujyi wa Dar es Salaam nyuma yo gushyira hanze amafoto agaragaza imodoka nshya yaguze...
Uyu muhanzi Mr Nice wanditse amateka mu ruhando rwa Muzika muri Tanzania yakoze impanuka ikomeye yendaga kumurwara ubuzima gusa Imana ikinga akaboko. Lucas Mkenda uzwi ku...
Umuhanzikazi ukunzwe cyane muri Amerika Rihanna yaguze inzu ihenze cyane gusa atangaza ko akeneye umugabo bayibanamo. Ni inzu y’agatangaza, ifite ibikenewe byose biba mu nyubako z’abaherwe,...
Iby’urukundo rwa Jennifer Lopez na Rodriguez bikomeje kuba amayobera nyuma y’aho bitangajwe ko batandukanye,none kuri ubu bakaba babinyomoje bakemeza ko urukundo rwabo rugihari. Alex Rodriguez yanyomoje...
Umunyarwanda ni we waciye umugani ngo “icyo umutima ushaka amata aguranwa itabi”.Uyu munyamideli wo muri Tanzaniya, Wema Sepetu na we yashyizeho milliyoni 2 zose ku muntu...
Icouple ya Jennifer Lopez na Rodriguez yamaze gushyira akadomo ku rukundo rwabo nyuma y’igihe kitari gito bakundana. Jennifer Lopez w’imyaka 51 na Alex Rodriguez w’imyaka 45...
Umuhanzikazi ukunzwe cyane ku isi yose ,Selena Gomez yatangaje ko agiye kureka umuziki ,ikintu kizababaza cyane abamukunda bitewe n’indirimbo ze zikora benshi ku mutima. Uyu mukobwa...
Umuhanzikazi Sheebah karungi ukomoka muri Uganda biravugwa ko yamaze kugura ubwato buhenze cyane azajya akoresha mu kurya iraha. Nk’uko ikinyamakuru Blizz.co.ug cyabyanditse, kivuga ko amakuru cyahawe...
Uyu mufasha w’uwahoze ari umugore wa Perezida wa USA, Barack Obama yagizwe umwe mu bagore b’indashyikirwa muri iki kinyejana cya 21. Yashyizwemo n’umuryango wo muri Amerika...
Kim Kardashian n’umugabo we baravugwaho ko batangiye kugabana imitungo yabo harimo n’inzu. TMZ izwiho kwandika amakuru atandukanye yiganjemo ay’ibyamamare, yatangaje ko hari amakuru ifite yemeza ko...
Enter your account data and we will send you a link to reset your password.
Here you'll find all collections you've created before.