in

Umugore yaciye inyuma umugabo we kubera atazi gutera akabariro maze bahita bamutera inda y’abana batanu none ari gusaba

Ndashima Imana ko abana bari gukura neza ndetse n’abantu bamfashije uko bishoboka ngo izimpanga zanjye 5 zirusheho kubaho neza gusa bindya ku mutima kuba narababyaye nshiye inyuma umugabo wanjye.

Nyuma y’amazi 7 umugore wo mu gihugu cya Nigeria, Chidinma Amaechi abyaye impanga 5 harimo abahungu 2 ndetse n’abakobwa 3 ndetse bakaba bameze neza cyane.

Yongeye kuvugwa cyane nyuma ya video aherutse gushyira hanze atangaza ko yicuza kuba yarabyaye izimpanga ubwo yari yagiye guca inyuma umugabo we amuziza kutamushimisha uko bikwiye mu buriri.

Abantu benshi bakomeje kuvuga ko ari inkozibibi ariko banashima umugabo we umaze igihe kingana gutya yita kubana batarabe ndetse bamusaba gukomeza kubarera ko hari impamvu Imana yatumye bavukira mu rugo rwe .

Hashize igihe chidinma Amaechi afunguye TikTok aho ashyiraho ubuzima bw’izi mpanga 5 ze kugirango abantu bajye bamwishyura cyangwa abishimye bamuhe impano kugirango ubuzima bwabo burusheho kugenda neza dore ko abana ari umugisha.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byasabye umutekano uhambaye kugirango Vestine na Dorcas batambuke ubwo bari bari mu Burundi babimye inzira – Amashusho

Niwe muhanzi wenyine ubikoze ari mu Rwanda! The Ben yaciye agahigo kadafitwe n’undi mu hanzi wese uba mu Rwanda