in

Breaking news: U Rwanda rugiye kwakira indi Nama ikomeye ku isi

Nyuma y’uko u Rwanda rumaze kugirirwa icyizere kubera gutegura neza inama zikomeye ku isi kuri ubu FIFA nayo yafashe  umwanzuro mwiza.

Inama y’Inteko rusange ya 73 y’a FIFA izabera i Kigali tariki ya 16/3/2023 , Muri iyi nama yo mu 2023 niho hazatorerwa Perezida wa FIFA uzayiyobora mu myaka 4 iri imbere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akumiro:Umugore wubatse yamatanye n’umugabo mu gihe bateraga akabariro induru bayiha umunwa

”Ntuzifuze kurongora na we utitunze”umugore yagiriye inama ab’igitsinagabo