Umugore wubatse n’umugabo bacanaga inyuma bamatanye ndetse bibananira gutandukana ubwo bateraga akabariro maze baratabaza ngo babafashe .Uyu mugabo n’umugore bahuye n’insanganya bivugwa ko ari abo muri Nigeria bagaragaye mu mashusho yasakaye kuri instagram batabaza ngo babafashe babashe gutandukana.
Uwasangije aya mashusho witwa @KKunlereal yasabazaga niba gufata kw’abantu barimo gutera akabariro byaba ari amarozi cyangwa ari imbaraga z’imyuka mibi .Ntihashije kumenyakana icyaba cyateye aba bombi kumatana gusa benshi iyo bumvise ibintu nk’ibi bumvaga ko byatewe n’amarozi.
Kanda hano urebe uko byari bimeze mu mashusho