in ,

Benshi ntabwo bari babizi: Mu Rwanda biroroshye kubonana na muganga byihuse kurusha muri Amerika na Canada

Benshi ntabwo bari babizi: Mu Rwanda biroroshye kubonana na muganga byihuse kurusha muri Amerika na Canada.

Igihugu cy’u Rwanda kiza ku mwanya wa kabiri ku Isi mu bihugu byoroshye kuba umurwayi yabonana na muganga mu buryo bwihuse mbese yatabarirwa igihe nk’uko ubushakashatsi mpuzamahanga ku buvuzi bwabigaragaje.

Mu Rwanda kubonana na muganga ukuvura mu gihe cy’amasaha 24 agize umunsi biri ku kigero cya 87% mu gihe mu gihugu cya Turikiya kiri ku mwanya wa mbere amahirwe ari ku kigero cya 88%.

Ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa na Canada ndetse n’ibindi bihugu byinshi bitandukanye biri nyuma y’u Rwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kamwe katanatuma umugabo/umugore arangiza ni 4,000! Udukingirizo turi kugura umugabo tugasiba undi

Imfura ye ubu ifite imyaka 11! Alliah Cool yataye abana babiri bakuze umuhungu n’umukobwa, abatana umugabo ajya kwishakira undi mugabo – Amafoto