in

Amakuru yihutirwa areba ababyeyi bose bari bafite impungenge ku mafaranga y’ishuri

Minisiteri y’Uburezi yashyize ahagaragara amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi mu mashuri ya leta y’incuke, abanza n’ayisumbuye.

Mu mashuri yisumbuye ku biga bacumbikiwe, amafaranga y’ishuri ntagomba kurenga ibihumbi 85 by’amafaranga y’u Rwanda.

Ku biga mu mashuri yisumbuye biga bataha, umusanzu basabwa gutanga ntugomba kurenga 19500 Frw.

Ibi byatangajwe mu kiganiro iyi Minisiteri iri kugirana n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Nzeri 2022.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bashimangira urukundo bamukunda, Yannick Mukunzi n’umufasha we bifurije isabukuru nziza umwana wabo

Umunyamakuru Taifa Bruno yashimagije ubuyobozi bwa Rayon Sports avuga umwanya izarangirizaho shampiyona