in

Agahinda kari kose ku maso: Bamwe mu byamamare bitabiriye umuhango wo gushyingura Yanga mu cyubahiro bashavujwe cyane no kumusezeraho bwa nyuma (Amafoto)

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 29 Kanama 2022 nibwo Nkusi Thomas wamamaye nka Yanga mu gusobanura filime mu kinyarwanda yashyinguwe mu cyubahiro mu irimbi rya Rusororo.

Ni umuhango wabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 29 Kanama 2022 aho wari witabiriwe n’ingeri z’abantu batandukanye.

Mu bitabiriye uyu muhango wo gushyingura mu cyubahiro uyu munyabigwi mu gusobanura filime mu kinyarwanda harimo ibyamamare mu myidagaduro mu Rwanda, abanyamadini umuryango ndetse n’inshuti.

Ni umuhango wabere ku irimbi rya Rusororo aho Yanga yashyinguwe mu cyubahiro, uyu muhango wamaze isaha 1 n’iminota 44, abari aho bose agahinda kari kose ku maso yabo.

Bamwe mu bitabiriye uyu muhango bari bahishe amaso yabo dore ko bari barize amarira menshe kubera gutabaruka kwa Yanga, nubwo bari bahishe amaso yabo ku isura byagaragaraga ko agahinda ari kose.

Amafoto:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya ntago yahukanye Weasel yavuze impamvu yazanye Teta Sandra mu Rwanda

“Uyu se ni Rusine cyangwa ni Clapton Kibonke” Ifoto ya Rusine akiri umusore muto atari yabyibuha ngo azane inda yasekeje abatari bake