Miss Teta Sandra aheutse kuzanwa mu Rwanda kubera ihohoterwa yakorerwaga n’umukunzi we Waesal nyamara nyuma Weasel yaje kubihakana avuga ko atari ukwahukana.
Mu kiganiro yagiranye n’imwe muri Television zikorera mu gihugu cya Uganda yavuze ko Teta Sandra atigeze aza mu Rwanda kubwo kwahukana ahubwo yaje mu kiruhuko mu Rwanda.
Yagize ati “Namujyanye mu Rwanda kugira ngo abone uko aruhuka ari kumwe n’ababyeyi be ndetse abonereho no kwitegura ubukwe bwacu.”
Yahakanye iby’uko ari iwabo bamuvanye muri Uganda ahubwo avuga ko ariwe wamuzanye hano mu Rwanda ndete n’abana be.