in

Burya ntago yahukanye Weasel yavuze impamvu yazanye Teta Sandra mu Rwanda

Miss Teta Sandra aheutse kuzanwa mu Rwanda kubera ihohoterwa yakorerwaga n’umukunzi we Waesal nyamara nyuma Weasel yaje kubihakana avuga ko atari ukwahukana.

Mu kiganiro yagiranye n’imwe muri Television zikorera mu gihugu cya Uganda yavuze ko Teta Sandra atigeze aza mu Rwanda kubwo kwahukana ahubwo yaje mu kiruhuko mu Rwanda.

Yagize ati “Namujyanye mu Rwanda kugira ngo abone uko aruhuka ari kumwe n’ababyeyi be ndetse abonereho no kwitegura ubukwe bwacu.”

Yahakanye iby’uko ari iwabo bamuvanye muri Uganda ahubwo avuga ko ariwe wamuzanye hano mu Rwanda ndete n’abana be.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abapilote barwaniye mu ndege batwaye bibaviramo kubona ibihano bikakaye

Agahinda kari kose ku maso: Bamwe mu byamamare bitabiriye umuhango wo gushyingura Yanga mu cyubahiro bashavujwe cyane no kumusezeraho bwa nyuma (Amafoto)