in

Abasinzi babiri barwanye bapfa umugore ivumbi riratumuka(ifoto)

Habaye akaduruvayo ubwo abagabo babiri barwanaga hasi hejuru bapfa umudamu.

Nk’uko ibinyamakuru byo muri Zambia byabyanditse ngo aba bagabo bombi barwanye ny’uma yaho  bapfuye umukobwa wumuririmbyi wabyinaga mu buryo budasanzwe.

Amakuru avuga ko uyu mugore uvugwa yitwa Stella yabyinaga azunguza amabuno ku buryo abagabo benshi bari aho bose  bifuzaga ko baganira na we, kugeza aho bamwe batangiye kumurwanira harimo n’aba bagabo.

Amakuru agira  ati: “Abagabo bari bitabiriye iki gitaramo bifuzaga kuganira na we kubera ko umugore yabyinnye neza, twese tuzi ko buri wese ashaka ibintu byiza mu buzima niyo mpamvu abagabo bamukurikiye kugeza bafatanye mu mashati. “Abantu bari muri iki gitaramo batangiye gusetsa aba bagabo bombi kuko ntacyo barwaniraga kuva nyuma yiki gitaramo Stella yahise yerekeza ku mukunzi we maze bava aho.”

Umutangabuhamya wabyiboneye yagize icyo avuga kuri aba bagabo, avuga ko abo bagabo bombi bari basinze ari yo mpamvu imyumvire yabo yari mike cyane.

Ati: “Iyo baza kuba bari mu myumvire yabo ntibari kurwanira umubyinnyi nta mpamvu, natekerezaga ko barwaniraga ikintu kinini”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore, nubona umukobwa akwitwayeho atya kandi afite umukunzi ntuzazuyaze,gera ku ngingo

Urukundo ni impumyi koko: umusore w’imyaka 19 yatunguye umukunzi we w’imyaka 76 amwambika impeta,abantu barumirwa (AMAFOTO)