in

Umusore ari mu marira nyuma yo gusanga amashusho y’umukunzi we aryamanye n’undi mugabo muri telefoni yamuguriye

Umusore ari mu gahinda ndetse arifuza gutandukana n’umukunzi we bamaranye imyaka 6 bakundana nyuma yo kubona amashusho agaragaza uyu mukobwa aryamanye n’undi mugabo,ndetse akaba yaranayabitse muri telefoni yamuhayemo impano .

Nkuko bigaragara mu butumwa uyu musore yashyize ku mbuga nkoranyambaga yasobanuye ko umukunzi we bamaranye imyaka 6 yamuhemukiye cyane ndetse akageza n’aho amuca inyuma ,akongeraho no kubika amashusho y’urukozasoni muri telefoni yari yaramuguriye.Uyu musore akaba ahamya ko agiye gutandukana n’uyu mukunzi we.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yakije umuriro nyuma yo gusanga sheri we arimo kwambika impeta indi nkumi(Video)

Ibya Kibonke na Rusine byararangiye, Kibonke yashyize ukuri ahagaragara