in

Umunyeshuri urangije kaminuza yahemukiwe bikomeye n’ababyeyi be ku munsi wa graduation

Umunyeshuri wari urangije kaminuza yakomeretse umutima ubwo yari yizeye ko ababyeyi be bari buze mu birori byo gusoza amashuri ye ariko bikarangira bataje kumufasha kwakira impamyabumenyi ye.

Uyu munyeshuri wo muri Chili wari wizeye kwishimira impamyabumenyi ye hamwe nababyeyi be bahari ariko byaramubabaje kuko bananiwe kwigaragaza.

Umunyeshuri wigaga muri Kaminuza yitwa La Concepcion College San Jose del Monte Bulacan, yabonye impamyabumenyi ya Bachelor of Science mu rwego rwa Criminology.

Ariko, akanya kari ntagereranywa yatekerezaga ko kazabonwa na mama na papa ntabwo byagenze nkuko byari byitezwe bikamutera ubwoba.

Uyu musore bivugwa ko yahise acika intege azenga amarira mu maso ubwo abandi bishimanaga nimiryango yabo nyamara we ari wenyine.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Real Madrid iracyahanze amaso mu bufaransa umusimbura wa Mbappé yabonetse

Nta musore n’umwe udakunda umukobwa uteye utya