in

UMUKOBWA WA PEREZIDA, ANGE KAGAME YATANGAJE INDIRIMBO IRI KUMUNYURA AMATWI MURI IKI GIHE

Ange Kagame, umukobwa wa Nyakubahwa umukuru w’igihugu Paul Kagame,  yatangaje ko hari indirimbo iri ku munyura cyane muri iyi minsi ku buryo ayumva buri gitondo.

Abinyujije kurukuta rwa Twitter Ange yagize ati Listening to ‘Godly’- Omah Lay is a morning ritual at this point.. bishatse kuva ngo “Kumva ‘Godly’ y’umuhanzi Omah Lay ni umuhango wa mugitondo muriki gihe”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Byiringiro
Byiringiro
3 years ago

Nukonyine aba mutwikiye🔥🔥🔥

DANNY
DANNY
3 years ago

Chauffeur by Danny lion officiel 👍code 250

Biteye agahinda! Iyumvire rwaserera n’imirwano byabaye muri camp y’amavubi ubwo bari muri CHAN 2020

Neymar yemeye kongera gushimisha abakunzi b’ikipe ya PSG.