in

Umugabo yateye rwaserera muri bisi nyuma yo kubona umugenzi arimo gutereta umugore we

Umugabo yateje intambara mu modoka nyuma yo kubona umugabo w’umugenzi muri bisi atereta umugore we mu maso ye.

We n’umugore we binjiye muri bisi ya danfo i Lagos maze umugabo wari wicaye imbere yabo akajya areba inyuma akavugisha umugore w’uyu mugabo.

Nk’uko umugabo abivuga, yari yabibonye mbere ko umugabo yakomeje guhindukira ngo arebe umugore we kabone niyo yabonaga ko ari kumwe n’umuntu.

Yavuze ko uyu mugabo yibishyuriye amafaranga yurugendo bombi igihe umugenzi yabazaga nimero y’umugore we bikamurakaza.

Yahise abaza umusore impamvu ashishikajwe no kwitegereza umugore we , aho byarangiye benda kurwanira mu modoka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Eric Rutanga mu bambariye Mukunzi Yannick mu bukwe bwe bwitabiriwe n’ibyamamare

Abaturage bo mu karere ka Karongi bari mubicu kubera hoteli y’icyitegererezo bari kubakirwa mu kiyaga cya Kivu