in

Umugabo yagiye kwifotozanya n’intare basanga byarangiye

Benshi bakunze kuvuga ngo “Nta foto nta cyabaye” ni muri urwi rwego umugabo uri hagati y’imyaka 46-50 ukomoka i Accra muri Ghana, yasanzwe yapfuye azize ibikomere by’intare.

Uyu mugabo yuriye uruzitiro izi ntare zibamo hanyuma zihita zimushwanyaguza ahita yitaba Imana ndetse abashinzwe umutekano w’izo nyamanswa bahita batangira guperereza kugira ngo bamenye neza icyaba cyateye uyu mugabo.

Amakuru yamenyekanye, ni uko bamwe bavuze ko ubusanzwe uyu mugabo nta kibazo kirenze yari afite ahubwo yashakaga kujya kurira agafata ifoto ari hejuru y’intare nubwo hari abandi bavugaga ko yaba yabikoze ku bushake bwe.

Umurambo w’uyu mugabo wahise ujyanwa mu buruhukiro buri hafi y’aho bororera izo ntare ndetse iperereza rikaba rikomeje.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yategetse umuhungu we gushyingiranwa na Nyina ndetse akamumara ipfa

Umugabo yakoresheje ibirori ko agiye kwitwa papa ahita apfusha umugore we n’abana b’impanga