in

Umugabo yategetse umuhungu we gushyingiranwa na Nyina ndetse akamumara ipfa

Nkuko hano mu Rwanda habagaho umuco ko niba umugabo wawe apfuye washoboraga guhita ushyingiranwa na murumuna we cyangwa se mukuru we, umugore yapfa bakaguha murumuna we cyangwa mukuru we, muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo si uko ibintu bimeze.

Umugabo wari ugeze mu zabukuru yategetse umuhungu we kuzarongora mukase ndetse akamumara ipfa mu gihe azaba yaritabye Imana kandi akazafata neza uyu mugore wa se.

Nyuma y’uko ise apfuye, uyu musore yahise azungura ise atwara wa mugore we hanyuma barabana baratunga baratunganirwa ndetse uyu musore amwibagiza ka gasaza.

Mukase wa Venansi n’umugore we,yagize ati“Mfitanye umubano mwiza n’umugabo wanjye. Sinakumbuye umugabo wanjye wapfuye kuko Venansi yanyitayeho cyane. Yampaye urukundo rwose umugore akeneye. ”.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru yihutirwa: Rayon sport igaruye Kagere Meddy i Kigali

Umugabo yagiye kwifotozanya n’intare basanga byarangiye