Inkuru rusange
Umugabo n’umugore baguwe gitumo baterera akabariro mu mudoka ku muhanda.

Umugabo n’umugore bakurikiranyweho gukora ibiteye isoni nyuma yo gufatwa n’abapolisi baryamanye mu modoka ku muhanda.
Inyandiko z’urukiko rw’intara rwa Pinellas muri leta ya Frorida ho muri USA zerekana ko Amber Gormley w’imyaka 39 na Shawn McClelland w’imyaka 30, bombi bakurikiranyweho icyaha cyo gukora ibiteye isoni ku karubanda.
Raporo z’itabwa muri yombi z’aba bantu zivuga ko abo bashakanye berekeje ku ruhande rw’umuhanda hafi ya Whitney Road na US 19 muri Largo kugira ngo baryamane. Umutangabuhamya yabwiye abapolisi ko yabonye McClelland hejuru ya Gormley. Polisi yavuze ko bari mu gace abandi bashoferi bashoboraga kubabona ku muhanda.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro11 hours ago
Hamenyekanye impamvu Kimenyi Yves yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Miss Uwase Muyango igitaraganya
-
Imyidagaduro18 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
inyigisho20 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Izindi nkuru2 days ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Inkuru rusange7 hours ago
Ibyo wamenya kuri uyu mwana utangaje wapimaga ibiro 200 afite imyaka 10 y’amavuko gusa.
-
inyigisho8 hours ago
Bimwe mu bintu ukwiye kwirinda gukora niba udashaka kuzana umwuka mubi mu rugo rwanyu.
-
Izindi nkuru2 hours ago
Umukobwa ukiri muto yapfuye ubwo bamutunguraga bamwifuriza isabukuru y’amavuko.