in

Umugabo arashinjwa gusambanya abagore 50 bose akoresheje amarozi.

Ukekwaho iki cyaha,yitwa Shina Adaramola, akaba yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu cya Nigeria,nyuma y’umukwabu wiswe ‘Operation Clean Up’ wabereye mu gace ka Ondo hagamijwe guta muri yombi abanyabyaha nabakora urugomo muri kiriya gihugu.

Mu ibazwa, ukekwaho icyaha yavuze ko yasahuye amazu arenga 100 avuga ko kandi yasambanyije ku gahato abagore bagera kuri 50 nyuma yo kubaha amarozi bakarushaho kumwiyumvamo.

Yagize ati“Ntuye Ijare. Nari mfite fiancée wansize ajya gushaka undi mugabo nyuma y’ iminsi mike dukoze ubukwe bwacu. Naje gucika intege nta umutwe niyo mpamvu nagize uruhare mu bujura bwitwaje intwaro, byaranyangije cyane “.

Ati: “Igihe cyose habaga ibirori, nigiraga nk’umwe mu bateguye. Mfite urufunguzo rufungura divayi z’abakire. Nagize uruhare muri iki gikorwa cyo gusambanya abagore kuva kera nabuze byose kandi ny’irinzu yaranyirukanye mu nzu ye, umukunzi wanjye ambwira ko ntakiri mwiza kuri we.“Nafashe ku ngufu abagore bagera kuri 50. Igihe cyose nashakaga gufata kungufu umugore uwo ari we wese, buri gihe nagombaga kubikora nijoro kandi nakoreshaga amarozi yanjye yatumaga umugore wese ankunda cyane. Igihe cyose nipfukaga mu maso kugira ngo abagore batamenya isura yanjye”

Source: mavipost

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi b’Amavubi bakubiwe inshuro 3 z’akayabo bazahabwa nibatsinda Guinea.

Anita Pendo na Dj Bisoso batunguye abatari bake kubera ibyo bakoreye muri Sitidiyo ya RBA(AMAFOTO)