in

Ubutinganyi bwafashe indi ntera: Ikigo cy’ishuri ryisumbuye ricumbikira abakobwa gusa ryahagaritswe burundu

Ishuri ryisumbuye rya Noonkopir ryari risanzwe ricumbikira abakobwa gusa ryo mu Ntara ya Kajiado muri Kenya ryahagaritswe burundu kubera ibirego by’ubutinganyi bikomeje kurivugwamo.

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Nairobi News kivuga ko ku wa 13 Mata 2023, abanyeshuri 987 biga muri iki kigo, boherejwe mu rugo i wabo, nyuma yo kujya mu mihanda mu rwego rwo kwamagana ubwiyongere bw’ubutinganyi ndetse n’umutekano muke mu ishuri ryabo bashinja ubuyobozi kutagira icyo babikoraho

Kuri ubu abanyeshuri basabwe gutanga raporo ku ishuri ku wa mbere w’icyumweru gitaha baherekejwe n’ababyeyi babo bagaragaza neza ko buri mubyeyi yemera ko umunyeshuri we azakomeza kwiga muri iri shuri cyangwa yifuza kwimurwa ahandi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ukuri kose agushyize hanze: Umuhanzi Sky2 avuze ibitutsi nyandagazi umuhanzi Social Mulla yamututse

Ihora ihagaze; Mugabo, dore indyo zidahenze kandi ziryoshye zagufusha kugira ubushake bwo gutera akabariro