in

Rangnick ibyamunaniye muri Man U yatangiye kubikorera mu ikipe y’igihugu.

Nyuma y’uko Rangnick asezereye akazi ko gutoza Manchester United akerekeza mu gutoza ikipe y’igihugu ya Austria, yatangiye gukoreramo amateka akomeye.

Akimara kuza mu kwezi k’Ugushyingo umwaka ushize yagaragazaga impinduka nyinshi ashobora gukora ndetse bikaba byatuma Manchester United yitwara neza ikaba yanatwara ibikombe, gusa nyuma y’uko byanze yahisemo Indi nzira.

Muri iki gihe ari gutoza Austria yatangiye gutanga umusaruro ugaragara, aho yatsinze ikipe yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi Croatia ibitego bitatu kubusa mu mikino ya Nations League.

Ubungubu Austria ikaba ari iyambere iyoboye itsinda rya A1 aho binagaragara ko izazamuka muri iri tsinda ari iyambere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bahavu Jeannette n’umugabo we Fleury bifurije umwana wabo isabukuru nziza y’amavuko (Videwo)

Uwimana Jeannette wamamaye muri Miss Rwanda yasuye ikigo cy’amashuri yizeho cya HVP Gatagara