in

Ni wowe ubwirwa! Ubushakashatsi bwagaragaje ko ugomba kurira inshuro nyinshi zishoboka kuko bifite umumaro ukomeye cyane 

Ni wowe ubwirwa! Ubushakashatsi bwagaragaje ko ugomba kurira inshuro nyinshi zishoboka kuko bifite umumaro ukomeye cyane.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko byibuza umugore arira hagati y’inshuro 30 na 64 ku mwaka mu gihe umugabo arira inshuro 17 na 22 ku mwaka.

Ubushakashatsi bwerekanye ko abagabo aribo bakunze guheranwa n’agahinda kadashira, kwigunga, kubatwa n’ibiyobya bwenge, kwiyahura, kutihanganira ibyorezo, n’ibindi byinshi kuko ari abantu badakunze kurira kandi amaranga mutima yabo atabibemerera.

Kandi koko usanga abagabo benshi aribo bapfa vuba kurusha abagore, kubera ibintu byinshi baba barabitse mu mubiri wabo igihe birindaga kurira.

Kurira birindaga ibintu byinshi cyane bikanongera iminsi yo kubaho, ndetse iyo ushatse kurira ukifata bituma hari udutsi two ku bwonko duturika, ariko iyo urize bituma ibyo bitakubaho bityo iminsi yo kubaho kwawe ikiyongera.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hatowe umurambo wambaye ubusa hasi w’umukecuru wari umaze iminsi igera kuri itanu yaraburiwe irengero

“Ibi ni ibyatsi” Umwana yabonye inyama maze yanga kurya imboga aho yabwiye nyina ko ibyo ari ibyatsi (VIDEWO)