in

YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye

Ni agahomamunwa: imfungwa z’abagabo zahishuye uburyo zahinduwe abagore n’abandi bagabo muri gereza.

Muri gereza ya Kenya,abagororwa b’ababagabo bahishuye uburyo abandi bagabo bahindura abandi abagore babo(ubutinganyi)

Aba bagororwa iyo bakiri aho bafungiye, imfungwa zimaze igihe kirekire zisaba abagororwa bashya bagasangira ibyumba kugirango zibifatire bazigire abagore bazo.

Muri uko gusaba kandi, muri rusange usanga harimo ruswa ishingiye ku ipiganwa, ku buryo benshi mu bapiganwa aribo babona kugumana imfungwa nshya bakazigira abagore babo.

Igiciro cyo gupiganira imfungwa nshya gihera ku Ksh 300 kugeza kuri Ksh 500, ni ukuvuga ari hagati y’ihumbi 2000 – 5000 y’amafaranga y’u Rwanda.

Nkuko ikinyamakuru The Star cy’aho muri Kenya kibitangaza, amwe mu marorerwa abera imere y’uruzitiro mu magereza yaho muri kenya ateye ubwoba.abagabo barwanira ifungwa nshya, muri gereza n’umugabo n’umugore, nta boyfriends, umukunzi cyangwa umufasha.

Abagabo barwanira imfungwa nshya “Muri gereza, ni abagabo n’abagore, ntabwo ari abasore bakundana, abakunzi cyangwa abo mukundana. Amagambo akoreshwa ku mugaragaro, nta soni”.

Nk’uko umwe mubo byabayeho uzwi nka Stephen abisobanura agira ati: “Hariho imfungwa zishinzwe kwakira inshyashya no kuzigenera ibyumba n’abo bagomba gusangira icyo cyumba igihe bakatiwe”.

Ni ukuvuga ko izi mfungwa zizwi nka rusange zihitamo aho imfungwa nshya zizaba, ku giciro cy’abapinganwe”.

Nk’uko Stephen abyibuka, agira ati: “Hariho imfungwa zishinzwe kugenera abagororwa bashya aho kurara. Noneho, iyo winjiye nk’igihe cya mbere kandi ukaba ukiri mu gace ka rusange, imfungwa zibishinzwe – tubita ‘Muri rusange’ – zihabwa ruswa y’amafaranga kuva Sh300 kugeza Sh500”.

Mu mfungwa zimazemo igihe, ushoboye gupiganwa agatanga menshi niwe wegukana infungwa nshya basangira icyumba akayigira umugore, uko guhitamo bahera kubyo bifuza kandi bakunda”.

Umugororwa mushya ahabwa byose birimo matela, ibiryo n’ amasigara [cigarettes]. Icyakora iyo ijoro rigeze, iyo mfungwa nshyashya igomba kwishyura ibyo byose binyuze mu gukoreshwa imibonano.

Nyuma yibi byose ariko, ufashwe ashora abandi muri ibyo bikorwa ahanwa bikomeye, harimo kuvanwa mubandi bagororwa no kugabanyirizwa ifunguro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igitego Messi yatsinze Man City muri Champions League nicyo cyatowe nk’igitego cy’amatsinda

Umukobwa yagiye gusura umusore bakundana atega taxi azi ko ari buyishyure,ibyamubayeho ntazabyibagirwa.