in

NdabikunzeNdabikunze YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE NdababayeNdababaye

Umukobwa yagiye gusura umusore bakundana atega taxi azi ko ari buyishyure,ibyamubayeho ntazabyibagirwa.

Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana umukobwa ukiri muto arimo yinginga umushoferi wa tagisi nyuma yuko yananiwe kumwishyura, kandi n’umukunzi we wagombaga kwishyura yanze kwitaba telefone.

Nk’uko amakuru akomeza abitangaza, uyu mudamu yakodesheje tagisi, yizera ko umukunzi we ari bwishyure ageze iwe, ariko ku bw’amahirwe macye, yageze aho yerekeza, amutelefonnye umukunzi we yanga kumwitaba.

Muri iyo videwo, umukobwa yumvikanye asobanura ko umukunzi we bishoboka ko yasinziriye.

Yasabye umushoferi kumuha nimero ya konti ye kugira ngo azashobore kwishyura nyuma cyangwa guhamagara umukunzi we na terefone ye yizeye ko wenda we yamwitaba.

Ariko umushoferi we ntiyakozwaga ibyo umukobwa amubwira byatumye uyu mushoferi afatira telefoni y’uyu mukobwa avuga ko azayimusubiza yishyuye amafranga y’urugendo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni agahomamunwa: imfungwa z’abagabo zahishuye uburyo zahinduwe abagore n’abandi bagabo muri gereza.

Breaking news: Itangazo rimenyesha ingamba nshya zo gukumira icyorezo cya covid-19