in

Iyi nkende yambara imyenda igakora ibidasanzwe ikomeje gutungura abatari bake.

Iyi nkende ikomeje gutangaza abantu ni iyo mu gihugu cya Nigeria, aho yatojwe utuntu dutandukanye igenda ikora.Nyirayo yarayitoje ku buryo ubu ifite ubushobozi bwo kumva icyongereza n’urundi rurimi gakondo bita Yoruba rukoreshwa muri iki gihugu.

Nk’uko bigaragara mu mashusho yashyizwe kuri Youtube, uyu mugabo aba yayambitse imyenda hanyuma akayiha amabwiriza muri izi ndimi uko ari ebyiri kandi ikayakurikiza. Urugero arayibwira ngo ryama ikaryama, icara ikicara, akayitegeka gushyira inkoni ku rutugu nk’umushumba ikabikora, akayisaba gukora amasiporo [saruto: yikaraga mu kirere idakojeje amaboko hasi ikwagwa ihagaze] nayo ikayakora.

Iyi nkende irasimbuka bitewe n’amabwiriza uyihaye.

Kanda hano hasi urebe video yiyi nkende itangaje:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bifuzaga kubyara abana batatu birangira babyaye 22|nibo ba mbere bafite umuryango mugari

Ntibisanzwe:ku myaka 19 umutwe we upima ibiro ijana|aterurwa n’abantu bane|umuryango wose ugiye gushira.