in

Inkuru nziza ku bantu biyandikishije gukorera perimi mu ntara y’Amajyepfo, Amajyaruguru, Iburasirazuba n’Iburengerazuba

Polisi y’U Rwanda ibinyujije kuri Twitter yashyize hanze itangazo rigenewe abantu bose biyandikishije gukorera ibizamini bya perimi mu ntara y’Amajepfo, Amajyaruguru, Iburasirazuba n’Iburengerazuba.

Nkuko bigaragara muri iri tangazo, abantu biyandikishije gukorera perimi mu mu ntara y’Amajyepfo, Iburengerazuba, Amajyaruguru, n’Iburasirazuba bazatangira gukora guhera tariki ya 14 kugeza tariki ya 24 Werurwe 2022.

Ku musozo w’iri tangazo hariho ko abanyeshuri bose bazakora ibizamini basabwa kuzaza bagaragaje ko bipimishije Covid-19 mu gihe cy’amasaha 72 kandi bakaba bafite ibisubizo byerekana ko nta bwandu bwa Covid-19 bafite.

Ku bifuza kwireba ku rutonde rw’abazakora ibizamini mwakanda HANO

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngo ubwiza bwe ni umwimerere, Uwicyeza uhagarariye u Rwanda muri Miss Africa Golden (Amafoto)

Umufana yateje intambara nyuma y’uko bavunnye umukunzi we