in

Igikombe cy’isi gikomeje kuryoha, irebere udushya abanyamakuru ba Radio bakoreye muri studio Ghana imaze kwishyura Protugal(videwo)

Foustnho Na Wasili ubwo bishimiraga igitego cya mbere

Ku mugoroba wo kuri uyuwa kane ubwo ikipe ya Ghana yacakiranaga n’ikipe ya Protugal wari umukino ubereye ijisho kuko ibitego byajyagamo umufiririzo.

Foustnho Na Wasili ubwo bishimiraga igitego cya mbere

Ghana iri mu makipe ahagarariye Africa nubwo itatsinze ariko yashoboye kureba mu izamu itsinda ibitego bigera kuri 2.

Uyu mukino warangiye Protugal itsinze 3-2 ntibyabujije abanyamakuru ba Radio10 kwishimira insinzi ya Ghana mu ntangiririro ubwo byari igitego 1 ku mpande zose.

Reba Videwo hasi

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igitego gishobora kuba icya mbere muri iki gikombe cy’isi ni icya Richarlison wa Brazil, dore bimwe mu byagendeweho

Umutoza Cassa Mbungo wa AS Kigali ntabwo yemeranya n’abavuga ko Rayon Sports ikomeye kubera impamvu itangaje, yanahishuye amakipe ayirusha gukomera