in

Igitego gishobora kuba icya mbere muri iki gikombe cy’isi ni icya Richarlison wa Brazil, dore bimwe mu byagendeweho

Igitego cya Richarlison gishobora kuzaba mu byiza by’iri rushanwa riri gukinwa ubu.

Iki gitego cyishimiwe na benshi uwitwa Richarlison yazamutse mu kirere ashota umupira adahagaze kubutaka, uyu mukino baraye bakinnyi mu ijoro ryashije batsinzemo Serbia ibitego 2-0.

Brazil iyoboye itsinda, irusha igitego Ubusuwisi bwatsinze Cameroon, 1-0.

Kuri uyu wa Gatanu harakinwa imikino ya kabiri mu matsinda. Umukino wo mu Itsinda B uzabimburira indi, Wales/Pays des Galles ikina na Iran (12:00).

Hazakurikiraho umukino wo mu itsinda A, Qatar ikina na Senegal (15h00). Ku isaha ya saa 18:00 hazaba undi mukino wo mu Itsinda A, Ubuholandi bukina na Ecuador/Equateur, hasoze umukino wa Leta zunze ubumwe za America n’Ubwongereza ku isaha ya saa 21:00.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyamakuru Sandrine Isheja, Andy Bumuntu na Rusine ba Kiss FM bongeye gukora agashya stidio bayimurira muri parikingi y’imodoka(videwo)

Igikombe cy’isi gikomeje kuryoha, irebere udushya abanyamakuru ba Radio bakoreye muri studio Ghana imaze kwishyura Protugal(videwo)