in Mu Rwanda Habaye impanuka ikomeye y’ikamyo yataye umuhanda ikabaranguka mu ntoki z’umuturage ni uko Umusaza wari uyitwaye ahita apfa
in Mu Rwanda Isosi yabo iguyemo inshishi! Abazunguzayi b’Abamasayi mu mujyi wa Kigali akabo kashobotse babakuye amata ku munwa
in Mu Rwanda Iki cyo abagenzi b’i Kigali ntibari bukinubire! Hari amakuru arema agatima abagenzi batega imodoka mu buryo bwa rusange bari bamaze iminsi bafite ikibazo cyo gutinda ku murongo
in Mu Rwanda Abasore babiri bacunze boss wabo azanye igikapu cyuzuye amafaranga yo guhemba abakozi bamuca mu rihumye barayanyarukana
in Mu Rwanda Inkuru y’akababaro itashye mu mitima y’abanyarwanda nyuma y’uko ba bana bavutse bafatanye bitabye Imana ku mugoroba
in Mu Rwanda Yesu yarudukingiye! Karongi, ntibakozwa ibyo gukingiza abana babo kubera imyemerere yabo
in Mu Rwanda Yagiye gutora ubusurira! Umwalimu yasanze umugore we ari kwiha akabyizi n’undi musore w’ibigango gusa ibyo yaragiye kubakorera byatumye bakora ibintu bitangaje mu ruhame
in Mu Rwanda Nta mugabo usaza atabonye! Umugabo w’i Nyanza yasanze umugore we ari gusambana n’agasore ni uko maze yigira inama yo kubafungirana gusa bahise bamwereka ko yaruhiye ubusa
in Mu Rwanda Mu Rwanda, Hari abaturage bavuga ko kurya imyumbati igeretse ku bishyimbo ari gukora icyaha cy’ubusambanyi
in Mu Rwanda Tesiya wari wakatiwe igifungo cya burundu yaje kugirwa umwere nyuma y’uko umuvandimwe we yashinjwaga kwica yaje kugaragara ari muzima
in Mu Rwanda Byari amarira n’agahinda ku banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Gikondo ubwo bari bari gushyingura mugezi wabo witabye Imana (AMAFOTO)